M23 Yatangaje ko Ihagaritse Intambara kubw’Impamvu z’Ubutabazi

Your browser doesn’t support HTML5

Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Kongo mu burasirazuba bw’igihugu watangaje ko wahagaritse intambara kubera impamvu z’ubutabazi, guhera kuwa Kabiri. Leta ya Kongo ivuga ko ibyo ari amagambo gusa no kuyobya uburai bw'uko imirwano ikomeza.