Kwibuka30: Perezida Kagame Yanenze Umuryango Mpuzamahanga ko Warebereye muri Jenoside

Your browser doesn’t support HTML5

U Rwanda rwatangiye icyumweru cyo Kwibuka30. Perezida Paul Kagame yanenze Umuryango mpuzamahanga ko washoboraga kugira icyo ukora ngo uhagarike Jenoside yakorewe abatutsi ariko ukananirwa. Umuryango w'Ubumwe bw'Afurika wo watangaje ko nta muntu ushobora kwigira umwere ku byabaye muri jenoside.