Paruwasi ya Mutagatifu Mikayile i Kigali mu Rwanda
WASHINGTON, DC —
Polisi y’u Rwanda ivuga ko igikora iperereza ku mikorere y’abantu 11bo mw’itsinda ryitwa Intwarane, bakomoka muri Kiliziya gatolika y’u Rwanda. Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Etienne Karekezi aravugana n’umuvugizi wa polisi y’u Rwanda ACP Theos Badege uri i Kigali mu Rwanda.
Your browser doesn’t support HTML5
Abantu 11 b'intwarane bafungiwe ukwemera kwabo
Tukivuga kuri iyi nkuru y’itsinda ryitwa Intwarane, umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Auriane Itangishaka yavuganye na John Niyumukiza, uvuga ko ari umukozi w'Imana. Aradusobanurira uko yumva ikibazo cy'abo bantu b'Intwarane n'ifungwa ryabo.