Rwanda: Ikibazo cya ba Mayibobo cyakemurwa gite?

  • Thomas Kamilindi

Abana babuze icyo bakora

Ba mayibobo baracyari benshi mu ntara zitandukanye zo mu Rwanda. Mu bintu bitera abana kuba ba mayibobo, harimo ibibazo by’iwabo aho bavuka bituma batabasha kwiga amashuri ngo bayarangize, cyangwa se irari ry’abana bamwe na bamwe.

Naho mu rwego rwo gushaka umuti, inzego zinyuranye z'ubutegetsi ndetse n'abikorera ku gito cyabo, n'imiryango itagengwa na leta bahagurukiye icyo kibazo. Mu miti, harimo gushyira ba mayibobo mu bigo ngororamuco nka Iwawa, bakiga imyuga, noneho bagasubizwa mu buzima busanzwe.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Ameria Tomasi Kamilindi yavuganye na Bwana Mugobokanshuro Ephrem, ukora mu ivuriro rya AVEGA i Rwamagana, asubiza ibibazo by’abakunzi b’Ijwi ry’Amerika.

Your browser doesn’t support HTML5

Gukemura ikibazo cya ba Mayibobo mu Rwanda