Abatora muri Amerika Ntibazi Amafaranga Akusanywa n'Abakandida aho Ajya

Your browser doesn’t support HTML5

Muri Amerika, Joe Biden na Donald Trump, abakandida bazahatana mu matora y'umukuru w'igihugu mu kwezi kwa 11 k'uyu mwaka barimo gukusanya inkunga y'amafaranga bakoresha mu kwiyamamaza. Bamwe mu banyamerika batora, bemeza ko ari ngombwa gukusanya inkunga ariko batazi aho amafaranga yose ajya.