Agasaro Kaburaga: Umwali Yabonanye n’Umuryango we Nyuma y’Imyaka 22

Umwali Imanizabayo (wa kabiri uvuye i bumoso) amaze kubonana n'abo mu muryango we.

Mu Rwanda, abavandimwe ba Imanizabayo Umwali wo mu murenge wa Boneza nyuma y’imyaka 22 bishimiye ko bahuye nyuma y’imyaka 22 bari baraburanye. Uyu muryango utuye mu karere ka Rutsiro mu murenge wa boneza.

Ibi byabaye binyuze mu kiganiro Agasaro Kaburaga gihita ku ijwi ry’Amerika

Umwari Imanizabayo w’imyaka 27 y’amavuko Ijwi ry’Amerika yamuherekeje imugeza iwabo. Ahageze yasanze ibintu byose byarahindutse nyuma y’imyaka 22 yarabuze. Kurikira uko byari byifashe muri iyi nkuru yateguwe na Eric Bagiruwubusa.

Your browser doesn’t support HTML5

Nyuma y'Imyaka 22 Umwali Imanizabayo Yabonanye n'Umuryango We