Kigali: Inama Mpuzamahanga Yaganiriye Kuri Jenoside Imaze Imyaka 30 Ibaye mu Rwanda

Abitabiriye inama mpuzamahanga iganira ku myaka 30 Ishize mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa gatanu, i Kigali mu murwa mukuru w'u Rwanda habereye inama mpuzamahanga ijyanye no kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Abagera kuri 300 biganjemo abanyamakuru, abanyamategeko, abahanga mu mateka n’abaharanira uburenganzira bwa muntu bo mu Rwanda no mu mahanga baganiye ku Rwanda rwa nyuma ya Jenoside no kumvikanisha ijwi ry’Abanyarwanda ku isi yose.

Umunyamakuru Assumpta Kaboyi yakurikiye ibyabereye muri iyo nama ategura inkuru irambuye ushobora kumva mu ijwi hano hepfo:

Your browser doesn’t support HTML5

Rwanda: I Kigali Habereye Ibiganiro ku Myaka 30 Ishize Jenoside Ibaye