Ijwi ry'Amerika Igiye Gufungura Umurongo Mushya wa FM

Iminara ya FM ku musozi wa Karongi mu burengerazuba bw'u Rwanda

Iminara ya FM ku musozi wa Karongi mu burengerazuba bw'u Rwanda

Mu Rwanda, kuri FM 104.3 Kigali y’Ijwi ry’Amerika, bitarenze iki cyumweru haziyongeraho FM 93.3 Karongi.

Bizatuma Radiyo Ijwi ry’Amerika noneho yumvikana neza mu burengerazuba bw’igihugu ndetse no mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo.

Uyu munsi ku manywa, Thémistocles Mutijima yari ku musozi wa Karongi kureba uko imirimo yo kwagura uyu muyoboro igeze. Yaganiye na Vénuste Nshimiyimana.

Your browser doesn’t support HTML5

Ijwi ry'Amerika Igiye Kumvikana Neza mu Burengerazuba bw'u Rwanda