Iwanyu mu ntara
Your browser doesn’t support HTML5
Nyuma y’imyaka 30, umupfakazi wa Prezida Cypriani Ntaryamira w’ Uburundi aravuga ko ugotegereje ukuri ku iraswa ry’indege yaguyemo. Mu Rwanda mu karere ka Rutsiro, imiryango igera kuri 214 yarimbuwe mu murenge wa Boneza mu cyahoze ari Komine muri 1994.