Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ko u Rwanda rurambiwe kwikorezwa ibibazo cya Kongo. Abahanga muri Amerika barasaba abaturage kwirinda ibihuha bishobora kuvangira amatora. Isirayeri yatangaje ko ingabo zayo zavuye mu gice kirimo ibitaro byitwa Shifa.