Iwanyu mu ntara
Your browser doesn’t support HTML5
Ku munsi mukuru wa Eid al Adha, Mufti w’u Rwanda asaba abayisilamu kwimika umuco w’urugwiro n’ubusabane.
Mu Rwanda kandi mu turere dutandukanye tw’igihugu, haravugwa umutekano muke uterwa ahanini n’ubugizi bwa nabi.
Perezida wa Sierra Leone Julius Maada Bio yatsinze amatora ku majwi arenga 56%.