Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda imwe mu miryango yo mu karere ka Kicukiro ivuga ko yabuze abantu bayo batwawe n’inzego z’umutekano. Igisirikare cya Sudani hamwe n’umutwe w’abasirikare barwanya ubutegetsi bemeye gushyira intwaro hasi igihe kingana n’amasaha 24. FIBA yirukanye Uburusiya mu majonjora y’irushanwa ry’abagabo.