Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda Alain Mukurarinda yavuze ko Paul Rusesabagina atarekuwe kubera igitutu Amerika yokeje u Rwanda. Visi Perezida w’Amerika, Kamala Harris yageze muri Ghana ku cyumeru mu ruzinduko rw’iminsi 7 ku mugabane w’Afurika.