Iwanyu mu ntara
Your browser doesn’t support HTML5
Umuhango wo gusezera bwa nyuma no gushyingura uwahoze ari Papa Benedicto wa 16 wabereye I Roma, kuri uyu wa kane ku mbuga ngali yitiriwe Mutagatifu Petero. Amerika isaba U Rwanda "guhagarika inkunga yose ruha umutwe wa M23 no kuvana ingabo zarwo mu burasirazuba bwa Kongo".