Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Umuhango wo gusezera bwa nyuma no gushyingura uwahoze ari Papa Benedicto wa 16 wabereye I Roma, kuri uyu wa kane ku mbuga ngali yitiriwe Mutagatifu Petero. Amerika isaba U Rwanda "guhagarika inkunga yose ruha umutwe wa M23 no kuvana ingabo zarwo mu burasirazuba bwa Kongo".