Rwanda: Mu Burasirazuba Barataka Inzara Kubera Amapfa

Umwe mu mirima yo mu karere ka Bugesera aho imyaka yumiye mu murima kuber amapfa

Mu Rwanda, abaturage bo mu duce tw’intara y’iburasirazuba, barataka inzara nyuma yaho izuba ryinshi rimaze kwangiza imyaka yabo.

Abashinzwe ubuhinzi barakangurira abaturage kuyoboka umuco wo kuhira imyaka kugira ngo hashobore kuboneka umusaruro.

Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yaganiriye na bo ategura inkuru ikurikira:

Your browser doesn’t support HTML5

Amapfa Yateye Inzara mu Karere ka Bugesera mu Burasirazuba bw'u Rwanda