Dusangire Ijambo

Your browser doesn’t support HTML5

Ikibazo cy'abaturage ba Kangondo cyasubiye mu rukiko. Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge I Kigali mu Rwanda rwapfunduye urubanza rw’imiryango isaga 75 yari ituye I Nyarutarama hazwi nko muri Bannyahe. Uru rubanza rwaburaga igihe gito ngo rusomwe ariko umujyi wa Kigali usaba ko basubira mu buhuza.