Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Republika ya demokarasi ya Kongo irarega u Rwanda mu gushyigikira umutwe w’inyeshyamba za M23 uyirwanya. Ejo ku wa gatatu, ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Kongo, Christophe Lutundula yavuze ko "M23 ishyigikiwe na Leta y’u Rwanda yagabaye ibitero ku ngabo za Kongo”. U Rwanda ntacyo rurabivugaho