Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Perezida wa Leta zunze ubumwe z'Amerika, Joe Biden, yahagurutse i Washington uyu munsi agiye mu ruzinduko rwe rwa mbere muri Aziya kuva abaye perezida. Azasura Koreya y'Epfo n'Ubuyapani. Abacuruzi bo mu Bufaransa barifuza gushora imari mu Rwanda no muri Afurika y'uburasirazuba.