Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Leta zunze ubumwe z’Amerika zirashinja leta y’u Rwanda ku gukora ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu. Icyegeranyo cya Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa gatatu kirashyira mu majwi ahanini inzego zishinzwe umutekano cyane cyane polisi y'u Rwanda.