HRW Ishinja u Rwanda Guhohotera Uburenganzira bwo Gutanga Ibitekerezo

Bwana Lewis Mudge uyobora HRW mu karere k’Afurika

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu-HRW urashinja ubucamanza bw’u Rwanda gucira imanza abatavuga rumwe n’ubutegetsi, abanyamakuru n’abatanga ibitekerezo bazira ibyo batangaje cyangwa bavuze. Ibyo bikubiye muri raporo uwo muryango washyize ahagaragara kuri uyu wa gatatu.

Icyakora Umuvugizi wa leta y’u Rwanda Yolanda Makolo abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter, yamaganye iyi rapopro ya HRW ku nzego z’ubutabera z’u Rwanda avuga ko ntawe uburanishwa hashingiwe ku bitekerezo bya politiki yatanze.

Inkuru ya Themistocles Mutijima akorera Ijwi ry'Amerika i Kigali mu Rwanda

Your browser doesn’t support HTML5

HRW Ishinja u Rwanda Guhohotera Uburenganzira bwo Gutanga Ibitekerezo