Twagirayezu Wenceslas Uregwa Jenoside Azashinjurwa n'Abatangabuhamya 26

Wenceslas Twagirayezu

Mu Rwanda umunyamategeko wunganira Bwana Wenceslas Twagirayezu ushinjwa ibyaha bya Jenoside yasabye urukiko guha agaciro ibyifuzo by’abatangabuhamya bashinjura uregwa. Barifuza kuzatangira ubuhamya bwabo mu karere ka Rubavu ku Gisenyi.

Umunyamategeko Bruce Bikotwa yagejeje ubwo busabe ku mucamanza nyuma yo gutanga raporo ikubiyemo ibyo yakuye mu iperereza ry’inyongera ku batangabuhamya.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yakurikiranye iyo nkuru ushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo

Your browser doesn’t support HTML5

Abashinjura Twagirayezu Wenceslas Uregwa Jenoside Basabye Kubikorera Ku Gisenyi