Rwanda: Ibiciro by'Ibicuruzwa n'Ibiribwa Byazamutse ku Buryo Butunguranye

Isoko rya Kabeza i Kigali mu Rwanda

Mu Rwanda ibiciro by'ibicuruzwa n'ibiribwa bitandukanye byazamutse ku masoko mu buryo butunguranye. Kugeza ubu, abaguzi n'abacuruzi baritana ba mwana nta n’umwe uzi aho iki kibazo cyakomotse. Gusa Impuguke mu by'u bukungu zemeza ko izamuka ry’ibiciro muri iki gihe riterwa n’impamvu nyinshi harimo izamuka ry’ibikomoka kuri Petroli.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi ukorera i Kigali mu Rwanda yagiye kureba hamwe mu hacururizwa ibintu bitandukanye birimo n'ibiribwa, ategura inkuru mwakumva hano hepfo.

Your browser doesn’t support HTML5

Rwanda: Abaguzi n'Abacuruzi Batunguwe n'Izamuka ry'Ibiciro