Kwizera Christella, umunyarwandakazi w’imyaka 29 amaze kumenyekana ku isi kubera umushinga we yise “Water access Rwanda’ wo guha abaturage amazi meza. Ni umushinga yatangije nyuma yo gusanga abatuye cyane cyane mu bice by’icyaro bagihura n’ikibazo cyo kutagerwaho n’amazi meza.
Kugeza ubu abaturage begerejwe ayo mazi bavuga ko usibye kubona amazi meza, babashije gukiza ubuzima bwabo cyane cyane ko abajyaga kuvoma ku mugezi wa Nyabarongo bashoboraga kuribwa n’ingona.
Inkuru Iramvuye tuyishikirizwa n'umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika i Kigali, Assumpta Kaboyi
Your browser doesn’t support HTML5
Umushinga INUMA Umaze Guha Abaturage Basaga 100 Amazi Meza