Abaturage baturiye umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda barasaba ubutegetsi bw'ibihugu byombi uburenganzira bwo kongera kugenderana uko byahoze.
Babisabye nyuma y’aho u Rwanda rufunguriye uwo mupaka ariko kugeza ubu urakoreshwa cyane n’ibinyabiziga byikoreye ibicuruzwa.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yanyarukiye ku mupaka wa Gatuna aganira n'abawuturiye
Your browser doesn’t support HTML5
Abaturiye Umupaka wa Gatuna Ntibaremererwa Kugenderana