Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Guhera kuri uyu wa mbere u Rwanda rwafunguye imipaka yarwo yose yo ku butaka iruhuza n’ibihugu by’ibituranyi. Ni imipaka yari yarafunzwe mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19. Gusa hari ibihugu bitahise bifungura, u Rwanda rugasobanura ko icyo ari icyemezo kizafatwa n’ibyo bihugu