Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda, urubanza rwa Paul Rusesabagina na bagenzi be rwakomeje uyu munsi na none adahari. Mu Burundi, abagore bahagurukiye kurwanya umuco wo guharika Perezida wa Leta zunze ubumwe z'Amerika, Joe Biden, yafashe icyemezo cyo kohereza abasilikare mu Bulayi bw'uburasirazuba.