Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda Dr Edouard Ngirente yavuze ko nyuma yo kwiyemeza gukingira COVID-19 abangavu n’ingimbi barengeje imyaka 12, abazakingirwa bageze kuri miliyoni 9 bavuye kuri miliyoni zirindwi. Muri Repuburika ya demokrasi ya Kongo haravugwa ubwumvikane bucye hagati y’inteko ishinga amategeko ya Kivu y’epfo na guverinema y’iyo ntara. Abadepite baraye bakoze itora ryo gutakariza icyizere guverineri na guverinema ye Mu Burundi, ikigo cy'igihugu gishinzwe guteza imbere abashoramari ADB kibasaba kujijukirwa n’ibijyanye n’imbuto n’imboga hamwe n’indabyo, mu rwego rwo kugwiza ibyo Uburundi bugemura mu mahanga