Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Kuri uyu wa gatanu isi yose irizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abantu bagendana ubumuga. Muri Afurika, ibice 10 ku ijana by’abayituye bagendana ubumuga. Muri bo 90 ku ijana ntibashobora kwiga. Mu Rwanda amashyirahamwe atari aya Leta akomeje kugaragaza ko ikibazo cy’imikoreshereze n’imicungire y’amarimbi rusange kigihangayikishije abatari bake mu gihugu. Muri Republika ya Demoka rasi ya Congo, abantu batanu bishwe n’abitwaje intwaro bataramenyekana. Biciwe ahitwa Mongenonge bari mu modoka yari igemeuriye abavanwe mu byabo n’intambara mu Bibogobogo muri Teritware ya Fizi intara ya Kivu y’epfo.