Iwanyu mu ntara
Your browser doesn’t support HTML5
Mu Rwanda, abahagarariye imiryango itabogamiye kuri leta bakoze inama i Kigali uyu munsi kugirango bigire hamwe ibibazo by’imikoresherere n’imicungire y’amarimbi rusange
Mu Burundi, abarimu b’abakutsakivi bagera ku 400 bo mu ntara ya Muyinga mu majyaruguru y’igihugu barishyuza Leta ibirarane by’imyaka itandatu. Baheruka guhebwa muri 2015. Leta ivuga ko yatangiye kubishyura.
Mu Rwanda urugereko rwihariye rw urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’iby’iterabwoba ruri i Nyanza, mu ntara y'amajyepfo, rwasubukuye kuri uyu wa gatatu , urubanza rwa Wenceslas Twagirayezu, ushinjwa ibyaha bya jenoside.