Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo abasirikare batatu ba leta bishwe barashwe n’ishyeshyamaba z’aba Mai Mai ubwo bagerageza kugarura inka zirenga 300 zari zanyazwe abaturage mu mujyi wa Baraka uri mu ntara ya Kivu y’epfo. Mu Burundi guhera kuri uyu wa kane kugeza ejo ku wa gatanu harateraniye inama yo kwiga uburyo bwo guteza imbere ubukungu bw’igihugu. Mu Rwanda amabwiriza ya Ministeri y’uburezi yo kwirukana umunyeshuri wagaragaweho n’imyitwarire mibi ntiyakiriwe kimwe mu Banyarwanda.