Itumanaho rya WhatsApp Ryavogerewe n'Intasi

Abantu barimo gukurikira amakuru kuri WhatsApp

Abantu barimo gukurikira amakuru kuri WhatsApp

Uburyo bw’itumanaho bwa WhatsApp bwaravogerewe bukoreshwa mu butasi mu bihugu bitandukanye byo kw'isi, harimo no mu Rwanda.

Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza kitwa Financial Times cyakoze iperereza ry'ubwo bucengezi, kirebitangaza. Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika i Londres mu Bwongereza ni yo nkuru yakurikiranye.

Your browser doesn’t support HTML5

WhatsApp Yaravogerewe mu Butasi