U Rwanda Ruhakana ko Rwarunze Ingabo ku Mupaka wa Uganda

Umushikiranganji w'u Rwanda w'Imigenderanire n'ayandi makungu, Richard Sezibera, mu kiganiro n'abanyamakuru i Buruseli mu Bubiligi, italiki 22/01/2019.

Leta y’u Rwanda iravuga ko nta ngabo yongereye ku mupaka uruhuza na Uganda. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Richard Sezibera, mu kiganiro cyamuhuje n’itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri.

Mu bindi Minisitiri Sezibera yagarutseho harimo ikibazo ko hari imirambo yaba yarongeye kuboneka mu kiyaga cya Rweru, bivugwa ko iyo mirambo iba iturutse mu Rwanda.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yakurikiranye iki kiganiro I Kigali.

Your browser doesn’t support HTML5

U Rwanda: Nta Basirikare Bakuru Bafunze