Rwanda: Abo mu muryango wa Rwigara bagejejwe mu rukiko

Your browser doesn’t support HTML5

Kuri uyu wa Gatanu ni bwo abagize umuryango wa Rwigara bagejejwe imbere y'umucamanza kuburana ibyaha byo kugambirira guteza imvuru cyangwa imidugararo muri rubanda. Abo barimo Diane Shima Rwigara washakaga kwiyamamariza umwanya w'umukuru w'igihugu mu matora aheruka.