Rwanda: Abo mu muryango wa Rwigara bagejejwe mu rukiko
Your browser doesn’t support HTML5
Kuri uyu wa Gatanu ni bwo abagize umuryango wa Rwigara bagejejwe imbere y'umucamanza kuburana ibyaha byo kugambirira guteza imvuru cyangwa imidugararo muri rubanda. Abo barimo Diane Shima Rwigara washakaga kwiyamamariza umwanya w'umukuru w'igihugu mu matora aheruka.