Rwanda: Igipimo cy'Ubumwe n'Ubwiyunge muri Politiki

Fidele Ndayisaba, umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge

Kuri uyu wa mbere komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge mu Rwanda yagiranye inama n'abanyapolitiki baturuka mu mashyaka n'imitwe ya politiki ikorera mu Rwanda.

Abahagarariye impande zombi baganiriye ku gipimo cy'ubumwe n'ubwiyunge bw'abanyarwanda. Komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge yasabye abanyapolitiki n'abanyarwanda muri rusange kwitandukanya n'abiyitirira imitwe ya politiki baba hanze y'u Rwanda.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa ni we wakurikiranye iyi nkuru ari i Kigali mu Rwanda.

Your browser doesn’t support HTML5

Komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge n'Abanyapolitiki mu Rwanda