Rwanda: Ambasade y'Amerika Iteza Imbere Abagore

Muri uku kwezi isi yose yahariye kwita ku buringanire bw'abagize umuryango Ibiro bya Ambasade ya Leta zunze ubumwe z'Amerika mu Rwanda byatangije ibiganiro nyunguranabitekerezo kw'ihame ry'uburinganire mu muryango.

Ambasade ya Leta zunze ubumwe z'Amerika i Kigali mu Rwanda iravuga ko ibyo biganiro bizarushaho gufasha abagize umuryango nyafurika gusobanukirwa agaciro k'ihame ry'uburinganire.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika mu Rwanda Eric Bagiruwubusa yakurikiranye ibyo biganiro.

Your browser doesn’t support HTML5

Amerika mu guteza imbere abagore