Uburundi Bwiteguye Kurwanya Ingabo Zizinjira zitatumiwe

.

Nyuma y’iminsi myinshi adaha ikiganiro abanyamakuru, Perezida w’Uburundi Pierre Nkurunziza, yaraye ashyize ahabona aho ahagaze ku bibazo bihanze u Burundi. Icyo kiganiro cyabereye ku murwa mukuru w'intara ya Gitega, iri hagati mu gihugu.

Muri ibyo harimo, ingingo y'uko umuryango w'Afurika YUnzubumwe yakohereza ingabo z'amahoro ibihumbi bitanu mu Burundi, ibiganiro by'amahoro by'Abarundi byatangiye muri Uganda, ndetse n'umubano w'Uburundi n'ibihugu by'amahanga.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika, Fidele d’Antoine Nsabimana yakurikiye icyo kiganiro adutegurira iyi nkuru.

Your browser doesn’t support HTML5

Perezida Nkurunziza ati: Tuzarwanya ingabo zakwinjira tutazitumiye