Igikorwa Cyo Kwita Ingagi Amazina Mu Rwanda

  • VOA

Rica Rwigamba

Kuri uyu wa gatandatu tariki 22 z’ukwagatandatu mu Rwanda hateganijwe igikorwa cyo kwita Izina abana b’ingagi 12.
Uwo muhango uzabera mu Kinigi aho ibi birori bisanzwe bibera. Mu myaka icyenda ishize, abana b’ingagi bagera ku 161 bamaze kwitwa izina.

Mu rwego rwo gushaka kumenya akamaro uyu muhango ufitiye ubukerarugendo n’ubukungu mu Rwanda, umunyamakuru wa Radiyo Ijwi Ry’Amerika, Eddie Rwema, yaganiriye n’abantu batandukanye barimo Rica Rwigamba, umuyobozi ukuriye Ubukerarugendo no kubungabunga Ibidukikije mu kigo cy'Igihugu cy'Iterambere (RDB), Edwin Sebuhoro ushinzwe ubukerarugendo mu rugaga rw’abikorera ku giti cyabo, ndetse na bwana Francois Ndungutse wahoze ari rushimusi muri parike y'igihugu y'ibirunga.

Mushobora Kwumviriza iki kiganiro

Your browser doesn’t support HTML5

Kwita izina mu Rwanda