Uko wahagera

Ubushinjacyaha Buzoroherwa mu Rubanza rwa Kizito Mihigo


Kizito Mihigo, umuhanzi n'umuririmbyi w'umunyarwanda
Kizito Mihigo, umuhanzi n'umuririmbyi w'umunyarwanda
Umuhanzi w'umunyarwanda Kizito Mihigo yemeye ibyaha byose polisi y'u Rwanda yavuze imukurikiranyeho byiganjemo ibyo guhungabanya umutekano w'igihugu.

Bwa mbere yabyemeye imbere y’abanyamakuru kw'italiki ya 14 y'ukwa kane umwaka wa 2014. Ku nshuro ya kabiri Kizito taliki ya 20 y'ukwa kane umwaka wa 2014 yemereye imbere y'urukiko ibyaha byose ubushinjacyaha bumukurikiranyeho. Ese kwemera ibyaha muri ubu buryo bifite akahe gaciro mu rwego rw’amategeko.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eugenie Mukankusi yabibajije Maitre Twagiramungu Innocent, impuguke mu by'amategeko ukorera i Bruseli mu Bubiligi.
please wait

No media source currently available

0:00 0:04:22 0:00
Ibishamikiyeho
XS
SM
MD
LG