Uko wahagera

Mu Rwanda Uwari Padiri n'Uwari Umubikira Barashakanye


Mu Rwanda umugabo w'itwa Mana François Xavier n'umugore witwa Uwambayeneza Marie Claire bashakanye umwe aretse ubupadiri n'undi aretse ububikira.

Nyuma yo gushakana, uyu muryango uvuga ko wahuye n'ikibazo cyo kuba iciro ry'umugani babwirwa ko bakoze ishyano.

Mana François Xavier na Uwambayeneza Marie Claire bavuga ko nubwo bavuye mu mirimo ya kiliziya ibyo bitavuze ko baretse ubukirisitu.

Uyu muryango usobanura ko mu bana wabyaye abahisemo kwiga mu iseminari kugira ngo bitegure kuzaba abapadiri wabibemereye. Icyo bo bakaba basanga ari ikimenyetso gikwiye kugaragaza ko bativumbuye kuri kiliziya Gatolika.

Kurikira ikiganiro bagiranye n'ijwi ry'amerika

Mu Rwanda Uwari Padiri n'Uwari Umubikira Barashakanye
please wait

No media source currently available

0:00 0:03:15 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG