Kuri uyu wa Gatanu habura amasaha make ngo isi yose yizihize umwaka mushya wa 2022 ikibazo cyo gutwara abagenzi bajya kwizihiza iminsi mikuru cyakomereye abatari bake mu mujyi wa Kigali.
Amafaranga yo gutegesha yazamuwe hamwe na hamwe ku buryo hari n’abavuganye n’Ijwi ry’Amerika badafite icyizere cyo kugera mu miryango yabo ngo bifatanye n’abavandimwe kwizihiza umwaka mushya.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yanyarukiye aratubwira uko byari byifashe i Nyabugogo mu kigo abagenzi bategeramo ibinyabiziga.
Facebook Forum