Muri Republika Iharanira demokarasi ya Congo abahagarariye Abanyamulenge baherekejwe n’umudepite uvuka mu karere ka Mulenge, Moise Nyarugabo, babonanye kuri uyu wa Kane na Minisitri w’ubutegetsi bw’igihugu n’umutekano Daniel Aselo Okito i Kinshasa.
Bari bajywanywe no kumugezaho ibibazo byugarije akarere ka Minembwe, aho umutekano w’ Abanyamulenge ukomeje kuba muke. Depute Moise Nyarugabo, yavuganye n'Ijwi ry'Amerika ku muringo wa telefoni, Venuste Nshimiyimana abanza kumubaza ibyo babwiye Minisitiri Okito. Byumve muri iki kiganiro cyo hepfo hano.
Facebook Forum