WASHINGTON, DC —
Inteko ishinzwe umutekano kw’isi ya ONU yateraniye mu mujyi wa New York yasabye imitwe yose irwanira mu burasirazuba bwa Kongo, irimo uwitwa M23, gushyira intwaro hasi.Iyo nteko yateranye taliki ya 25 y'ukwa karindwi umwaka wa 2013.
Sekreteri wa leta w'Amerika John Kerry ni we wari uyoboye iyo nama yibanze cyane ku buryo umutekano n'amahoro birambye byagaruka mu karere k'ibiyaga bigari by'Afrika.
Mu kiganiro Dusangire Ijambo, umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Etienne Karekezi yagarutse kuri iki kibazo aganira na ba bwana Enock Sebineza Rubarangabo, Frank Mwine na Theoneste Habimana. Ni kw'Ijwi ry'Amerika.
Sekreteri wa leta w'Amerika John Kerry ni we wari uyoboye iyo nama yibanze cyane ku buryo umutekano n'amahoro birambye byagaruka mu karere k'ibiyaga bigari by'Afrika.
Mu kiganiro Dusangire Ijambo, umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Etienne Karekezi yagarutse kuri iki kibazo aganira na ba bwana Enock Sebineza Rubarangabo, Frank Mwine na Theoneste Habimana. Ni kw'Ijwi ry'Amerika.