Uko wahagera

USA: Abagore bahagurukiye Kotsa Igitugu Perezida Donald Trump

Mu myigaragambyo ibaye umunsi umwe perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yaraye arahiye. Iyo myigaragambyo yiswe “urugendo rw’Abagore kuri Washington, DC” yitabiriwe n’abantu ibihumbi amagana mu murwa mukuru w’Amerika Washington, DC. Abayiteguye n’abayitabiriye, barashaka kugeza ubutumwa kuri Perezida Donald Trump ku munsi we wa mbere k’ubuyobozi bw’igihugu.


Voma ibindi

XS
SM
MD
LG