WASHINGTON, DC —
Muri iki gihe, mu Rwanda baravuga cyane ku kibazo cyo gusaba imbabazi. Umuhanzi Jean-Paul Samputu we ntiyategereje ko abamuhekuye muri jenoside bamusaba imbabazi.
Bwana Samputu yafashe iya mbere arazibaha. Ati: “Imbabazi zirakiza. Zikiza uzitanga n’uzihabwa n’ubwo yaba atazisabye cyangwa se n’aho yazanga.” Ni mu kiganiro yagiranye na Thomas Kamilindi afatanije n’abakunzi b’Ijwi ry’Amerika Mugobokanshuro Ephrem na Muvunyi.
Bwana Samputu yafashe iya mbere arazibaha. Ati: “Imbabazi zirakiza. Zikiza uzitanga n’uzihabwa n’ubwo yaba atazisabye cyangwa se n’aho yazanga.” Ni mu kiganiro yagiranye na Thomas Kamilindi afatanije n’abakunzi b’Ijwi ry’Amerika Mugobokanshuro Ephrem na Muvunyi.