Uko wahagera

Ishyirahamwe Twagure Umutima mu Burundi


Twagure Umutima rifatanya n’andi mashyirahamwe yita ku burenganzira bw’ikiremwa muntu n’abaganga batandukanye harimo abavura indwara zo mu mutwe

Ishyirahamwe “Twagure Umutima”rifasha abantu b’ingeri zose kandi bafite ibibazo bitandukanye by’ubuzima mu Burundi.

Ibyo bibazo birimo, ibibazo byo mu mutwe, ihahamuka, iby’ifatwa ku ngufu, ibibazo abagore bahura nabyo mu ngo harimo n’iby’amasambu, gukubitwa, gutotezwa bishingiye ku gitsina n’ibindi.

Muri uwo mulimo ishyirahamwe Twagure Umutima rifatanya n’andi mashyirahamwe yita ku burenganzira bw’ikiremwa muntu n’abaganga batandukanye harimo abavura indwara zo mu mutwe.

Ibindi bisobanuro murabyumva mu kiganiro Eugenia Mukankusi yagiranye na bwana Alfred Ndayizeye umunyamuryango akaba n’umwe mu bashinze ishyirahamwe Twagure Umutima

XS
SM
MD
LG