Uko wahagera

Iperereza ry'Ubufransa kuri Nsengiyumva Rafiki Hyancinthe


Ubugenzacyaha bwo mu Bufaransa bwafashe icyemezo cyo gukora iperereza "information judiciaire"ku munyarwanda Nsengiyumva Hyancinthe.

Icyifuzo cya guverinoma y’u Rwanda cy’uko uwitwa Nsengiyumva Rafiki Hyancinthe, uba mu Bufaransa, yakoherezwa mu Rwanda kiracyarimo urujijo. Cyokora, hagati aho ubugenzacyaha bwo mu Bufransa bwafashe icyemezo cyo kumukoraho iperereza kubera ibyaha bindi akekwaho.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Thomas Kamilindi aravugana na Me Inosenti Twagiramungu, impuguke mu by’amategeko uri mu Bubiligi asobanure uko ibyo bibazo biteye, ahereye ku kiswe "iformation judiciaire".



XS
SM
MD
LG