U Rwanda rwizihije ku nshuro ya 22, umunsi mukuru w’intwari z’igihugu ku itariki ya mbere y’ukwezi kwa 2 umwaka wa 2016. Ni umuhango wabaye mu byiciro biriri.
Icyiciro cya mbere cyitabiriwe n’abayobozi bakuru barimo Perezida Paul Kagame washyize indabo ahubatse ikimenyetso cy’ubutwari.
Nyuma ya sa sita abo mu miryango y’intwari zatabarutse bafatanije n’intwari zikiriho naba bajya gushyira indabo ku babo bashyinguwe ku gicumbi cy’intwari kiri i Remera mu mugi wa Kigali.
Inkuru y’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi uri i Kigali mu Rwanda.