Uko wahagera

Inganda Zidakora Ibiribwa n'Ibinyobwa mu Rwanda Zugawe


Ingaruka ziterwa n’icyorezo cya Virusi ya Corona zikomeje kuzahaza ubukungu bw’Abanyarwanda.

Nyuma yo guhagarika imirimo myinshi ya Leta n’iyo abikorera ivyabo, inganda zidakora ibyo kurya n’ibyo kunwa nazo zahagaritswe. Ni muri gahunda yo gukumira icyorezo cya Virusi ya Corona, izizakomeza gukora zihabwa amabwiriza ntarengwa.

Inkuru yateguwe n'umumenyeshamakuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi.

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG