Uko wahagera

Imiryango Itanga Ubufasha mu by'Amategeko


Ubu bufasha buzatangirwa ahantu 41, mu magereza yose y’igihugu uko ari 12 n’ibigo ngororamuco.

Icyumweru cy’ubutabera cyatangiye mu Rwanda taliki ya 26 y’ukwa gatatu mu mwaka wa 2012. Ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko (Legal Aid Forum), rivuga ko rigizwe n’imiryango 34 rivuga ko hari imiryango 25 itanga ubufasha mu by’amategeko.

Ubu bufasha buzatangirwa ahantu 41,no mu magereza yose y’igihugu uko ari 12 n’ibigo ngororamuco. Buri hantu hazaba hari abajyanama byibura babiri bakazakorera

Iki gikorwa kirateganya kuzafasha byibura abana 226 bafunzwe kugirango imanza zabo muri iki cyumweru zizabe zaburanishijwe kandi zarangiye. Izo ni imanza z’abana bafite hagati y’imyaka 14 na 18, kimwe n’abandi bantu bakeneye kuburana bazunganirwa ku buntu.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eugenie Mukankusi yaganiye na bwana Clement Nkeza, uyobora iryo huriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko.

XS
SM
MD
LG