Uko wahagera

Igihembo ku Munyarwanda Ukina Filimi


Mu irushanwa rya za Films, film “Kinyarwanda” yabonyemo ibihembo bibiri, muri film ijana zarushanwaga. Iryo rushanwa “Heartland Film Festival” ryabereye mu mujyi wa Indianapolis muri leta ya Indiana inaha muri Amerika mu mpera z’icyumweru gishize.

Mu irushanwa rya za Filimi, film “Kinyarwanda” yabonyemo ibihembo bibiri, muri film ijana zarushanwaga. Iryo rushanwa “Heartland Filimi Festival” ryabereye mu mujyi wa Indianapolis muri leta ya Indiana inaha muri Amerika mu mpera z’icyumweru gishize.

Icyo gihembo cyahawe umukinyi mukuru w’iyo film Bamporiki Uwayo Edouard. Avuga ko icyo gihembo yahawe nk’umukinnyi mwiza muri iyo Filimi “Kinyarwanda” kimufunguriye imiryango yo kuba yavuga ubutumwa bw’amahoro, akavuga aho u Rwanda ruvuye, aho ruli n’aho rugana.

Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eugenie Mukankusi, aho abanza kutwibwira.

XS
SM
MD
LG